Umwanda ukabije muri Come Again Remera na Kicukiro

iyo uvuze come again umuntu wese ahita yumva Bar & resto izwiho guteka inyama z’ingurube abenshi bazi nk’akabenzi, come again iherereye mu Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo   ndetse no mu Kagarama ka kicukiro.

come again iyo utembereye ahantu bategurira amafunguro uhasanga umwanda ukabije ku buryo budashidikanwaho ko watera indwara nyinshi bityo abantu bakagira ingaruka ku buzima bwabo.

uretse umwanda ubarizwa muri come again , hari n’ibindi byinshi bitagenda neza harimo kuba abakozi batagira amasezerano y’akazi , kuba badapimisha abakozi , abakozi batagira imyambara y’akazi cyane cyane abategura amafunguro, ndetse n’ibindi bitandukanye .

inkuru irambuye irabageraho mu kanya

amwe mu mafoto agaragaza umwanda muri come again

Biseruka jean d’amour

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *