U Rwanda rwazamutse ku mwanya wa 128, ruvuye ku mwanya wa 130.
Ku wa 1 Mata 2026, ni bwo Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), ryashyize hanze urutonde rw’uko amakipe akurikiranye nyuma
Tubahaye ikaze

Ku wa 1 Mata 2026, ni bwo Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), ryashyize hanze urutonde rw’uko amakipe akurikiranye nyuma

Amb. Nduhungirehe yifashishije X, yagaragaje ko Umutwe wa FDLR n’Igisirikare cya Leta y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC

Tumaze iminsi tuganira naba kirisito bitorero ADEPR hirya no hino batubwira ibitandukanye hafi ya bose bagahuriza ku kuba uko ryatangiye(umwimerere)bigenda

Iyo bavuze Quinta Nova hotel akenshi uhita wumva umugabo wari ukiri muto wagejeje ikibazo cye kuri Nyakubahwa perezida Paul Kagame

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Kagame na Senateri Daines “baganiriye ku guteza imbere ubufatanye bw’u Rwanda na Amerika, umutekano

Mu rwego rwo gukomeza kubungabunga uburenganzira bw’umwana Carits Kigali yateguye imfashanyigisho yifashishwa n’abakorerabushake yo kujya bigisha uburenganzira bw’umwana mu muryango

Muri rusange imbuto ni ingenzi mu kuzuza ifunguro rikwiriye, ariko uyu munsi turavuga ku byiza byo kurya urubuto rwitwa ‘Watermelon’

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), kuri uyu wa 10 Nzeri 2025, cyatangaje ko ibiciro ku isoko byazamutseho 7,1% mu
