UHIRIWE BYIZA Renus umuntu uryama ahindagurika

Uyu musore ukomoka mu karere ka Musanze wahoze anyonga amagare akabibonera n’umudari w’u Rwanda ndetse no mu Rwego rwa Africa Ubu abarizwa mu gihugu cy Ubufransa aho akorana n’ amashyaka atavuga rumwe na guverinoma y’u Rwanda cyane iryo kwa Padiri Nahimana Thomas.

Uyu musore rero yagiye gushaka amaramuko  hanze y’igihugu aho agenda asebya guverinoma y’u Rwanda maze akavuga  ko ntacyo ngo yamumariye kandi  bizwi neza ko ariyo yamugejeje ku rwego mpuzamahanga rw’abanyonzi b’amagare.

Biratangaje kubona abantu nka bariya bajya kwifatanya n’abandi banzi b’igihugu kubera amaco y inda,
Uyu musore kandi  ubu biravugwa ko  ariwe usigaye ugandisha urubyiruko rutandukanye  Ku mirongo y’ikoranabuhanga aho arushishikariza kurwanya Leta y’u Rwanda.

gasabo.net

 15 total views,  5 views today

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *