UHIRIWE BYIZA Renus umuntu uryama ahindagurika
Uyu musore ukomoka mu karere ka Musanze wahoze anyonga amagare akabibonera n’umudari w’u Rwanda ndetse no mu Rwego rwa Africa Ubu abarizwa mu gihugu cy Ubufransa aho akorana n’ amashyaka atavuga rumwe na guverinoma y’u Rwanda cyane iryo kwa Padiri Nahimana Thomas.
Uyu musore rero yagiye gushaka amaramuko hanze y’igihugu aho agenda asebya guverinoma y’u Rwanda maze akavuga ko ntacyo ngo yamumariye kandi bizwi neza ko ariyo yamugejeje ku rwego mpuzamahanga rw’abanyonzi b’amagare.
Biratangaje kubona abantu nka bariya bajya kwifatanya n’abandi banzi b’igihugu kubera amaco y inda,
Uyu musore kandi ubu biravugwa ko ariwe usigaye ugandisha urubyiruko rutandukanye Ku mirongo y’ikoranabuhanga aho arushishikariza kurwanya Leta y’u Rwanda.


gasabo.net
15 total views, 5 views today

