KIGALI: Uwari mucoma yibye aho yakoraga ibintu byose, ubu umubona arahebwa bishimishije
Uyu muntu arashakishwa kubera icyaha cy’ubujura yakoreye aho yakoreraga mu kazi ko mu gikoni nka mucoma mu kabari kitwa “Nector Bar” mu kigarama (ku ka etage) ku Gisozi mu mujyi wa kigali.
Aho bivugwa ko yavuze ko boss we yimutse akazana imodoka igapakira ibintu byose harimo ibikoresho bitandukanye ndetse n’amafranga mu kiganiro umunyamakuru yagiranye n’itangazamakuru yadutangarije ko uyu mukozi we yamukuye mu Akarere ka Musanze mu murenge wa Cyuve Akagari ka
Kabeza mu mudugudu wa Kareba.
Uyu mujura yitwa Hakorimana Francois NZABAHUZA alias (Neyimar) akaba afite so witwa NZITABAKUZE Thomas na Mama we umubyara witwa Mukanoheri Providence.
Ubu uwamubona yabwira inzego z’umutekano z’imwegerye cyangwa agahamagara kuri numero zikurikira agahabwa ishimwe:0788237789 /0789259036.
1,209 total views, 498 views today

