Mus

Havugimana mwisiramu :ngo nyawamufunga muri iki gihugu.
Ubutabera nubwo shingiro ry’umutekano wabatuye igihugu ubutaberara iyo bubuze abaturage babura umutekano .iyo kandi ubutabera bubuze abaturage babura iterambere nubukungu bukagenda nabi. Uyu witwa Havugimana ariyasi mwisiramu utuye mumurenge wa gitega bivugwako yasambanyije umwana witwa Kevin aho yafatiwe mukiyovu ari mumodoka abashinzwe umutekano w’kwa perezida bakaza kubona iyomodoka ihamaze akanya yizunguza bakajya kureba bagasanga uwo mugabo ari gusambanyirizamo umwana .bakamujyana kuri police nyarugenge ‘nyuma ubugenza cyaha bugatangira akazi dore ko bivugwako uyu mugabo wafatiwe mucyuho nkuko bigaragazwa nase w’umwana nabamufashe ntibatinze kuko yahise atangira gukoresha amafaranga afite mukugura ubutabera aho yafunzwe byanyirarureshwa akanajya muri gereza ya mageragere ariko hashira amezi make urukiko rukamurekura kubera ruswa. abaturage baturanye nuyu mugabo bavugako atari ubwambere ubikora ko asanzwe abikora kohari nabandi yagiye ahohotera bigatanga ubusa kubera imbaraga zamafaranga meshi afite ‘ndetse ngo yabwiye abaturage ko uzagaragara amushinza mucyo aricyo cyose atazamubanaho ababwirako ubutabera yabuguze ntacyo bamutwara ngo kabe nubwo yakwica numuntu. ababyeyi baha bavugako nubusanzwe abikora byamara kumenyekana agashukisha amafaranga umuryango w’uwo yabikoreye doreko bivugwako nuyu mwana aheruka gusambanya umwe mubabyeyibe(mama we ) yamuhaye amafaranga ibi bishimangirwa na se w’ umwana wahohotewe aho avugako umugore (nyina w’umwana wahohotewe)yahoraga amubuza kwitabira imanza nokujya mubindi byose birebana nubutabera. nyuma yuko Havugimana aguze ubutabera afunguwe umugore yabajijwe niba habayeho kujurira arabimwemerera ariko yarabeshyaga kuko ntibyatinze ahabwa amafaranga nuyu mugabo bavugako yasambanyije uyu mwana agata urugo akajya gucururiza ikabuga arinaho aba’ Ndetse umwana wahohotewe akaba yiga kukabusunzu ataha ikabuga kubera amafaranga. uyu mugabo abaturage bagereranya n’inyamaswa yabateye ubwoba mugace batuyemo bavugako babuze icyo bakora kugirango uyu munyabyaha ahanwe kuko niyo ushatse kumurega bakubwirako arirwo rupfu rwawe ugahitamo kubyihorera. bamwe mubazi uyu mugabo bavugako atari ubwambere afungwa agafungurwa kubera ibyaha bikomeye ariko agafungurwa kubera imbaraga zamafaranga meshi afite umwe mubabyeyi buyu mwana arinawe uri gusaba kurenganurwa akanishinganisha kuko ahora aterwa ubwoba nuyu mugabo asaba leta ni miryango itandukanye gufata uyu mugabo agahanwa ati leta nidukize iyi nyamaswa mumarira meshi ibi bigashimangirwa nabaturage batuye aho .

 595 total views,  1 views today

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *