Author: admin
Perezida Kagame yashimye umukino mwiza wahuje Arsenal na Atletico Madrid za Visit Rwanda zerekanye
Perezida Paul Kagame yatangaje ko umukino wa kabiri wahuje Arsenal na Atletico Madrid wari ukomeye, ashimira Arsenal yawutsinze ikegukana itike
Read moreAbaturage barakangurirwa kongera umusaruro w’igihingwa cy’ibijumba no guhangana n’ibura ry’ibiribwa.
Ibijumba bikungahaye ku cyitwa ‘bêta-carotène’, ari na yo ituma biryoherera. Iyo bêta-carotène umubiri w’umuntu urayikoresha ukayikuramo vitamine A. Ibijumba bikize
Read moreKunywa amata n’ubuki ni ubuzima buzira umuze
Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu ,ndetse bifite akamaro gakomeye.Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura
Read moreBurera :Abajura b’inka akabo kashobotse
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera buraburira abakekwaho kwiba inka z’abaturage bakajya kuzihisha mu mazu nyuma bakazazibaga. Ni nyuma y’uko ku ya
Read moreCroix -Rouge y’u Rwanda yibutse ku ncuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Tariki ya 24 Mata 2026, abakozi, abayobozi inshuti n’imiryango y’abari abakozi ba Croix Rouge y’u Rwanda nk’umufasha wa leta ,
Read moreNgo abagabo baracyahohoterwa n’abagore babo bitwaje uburinganire
Bamwe mu bagabo baganiriye n’ikinyamakuru Gasabo bagaragaje ko iryo hohoterwa bakorerwa n’abagore bashakanye binyuze mu kubabwira amagambo abahoza ku nkeke,
Read moreU Rwanda rwiyemeje gutera ibiti birimo iby’imbuto ziribwa n’ibivangwa n’imyaka
Ni umushinga wo gutera ibiti by’imbuto ziribwa mu Turere dutandukanye tw’u Rwanda uterwa inkunga n’umushinga APEFA akaba ari umufatanyabikorwa wa
Read moreUmushinga ugamije kongera ubushobozi mu micungire y’ubutaka
Mu mwaka wa 2019, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Ubuholandi yatangije umushinga witwa “Land-at-scale” akaba ari umushinga ugamije gutanga umusanzu mu ishyirwa mu bikorwa
Read moreBanki ya BK na UNICEF Rwanda ndetse na Water For People, batangije gahunda yo gutera inkunga imishinga y’abikorera bifuza gushora mu bijyanye no gukwirakwiza amazi meza, isuku n’isukura hirya no hino mu Gihugu (WASH).
Ni Umushinga watangijwe ku wa 20 Kamena 2025, aho biteganyijwe ko uzaha inguzanyo abikorera mu bikorwa byo gukwirakwiza amazi meza,
Read more










