Rwanda: injangwe yarogoye inama ya Minisitiri.
Abari bitabiriye inama yateguwe na Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) batunguwe no kubona injangwe igendagenda mu cyumba cy’inama yari yitabiriwe na Minisitiri
Read moreAbari bitabiriye inama yateguwe na Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) batunguwe no kubona injangwe igendagenda mu cyumba cy’inama yari yitabiriwe na Minisitiri
Read moreKuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yatangije mu gihugu hose icyumweru cyahariwe ibikorwa byayo 2018,
Read moreImpuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO) yavuze ko igiye gufasha abaturage mu guhangana n’ibibazo bikomeje kudindiza ubuhinzi n’ubworozi birimo imvura
Read moreGusomana. Hari ababikora byo kwikiza kuko babisabwe hari n’abandi babikora kuko babikunda. Hari n’abatarabikora na rimwe kuko wenda batabikunda cyangwa
Read morePolisi y’u Rwanda yafatiye mu karere ka Musanze abantu umunani bafite udupfunyika tw’urumogi 389 n’imbuto zarwo, yifashishije imbwa zatojwe gutahura
Read moreKuwa gatatu tariki ya 25 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali yafatiye mu mukwabu yakoze abantu umunani
Read moreKu itariki ya 24 Mata, inzego z’umutekano zifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (Rwanda Standards Board-RSB), n’abayobozi b’inzego z’ibanze bafunze uruganda
Read moreKu itariki ya 24 Mata, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana,
Read moreTariki ya 11 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame muri Village Urugwiro yemeje Iteka
Read morePolisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abaturage kwirinda kuvunjisha amafaranga ku bantubatabifitiye uruhushya. Ibi ibyibukije nyuma y’aho ku itariki ya 14
Read more